03rd, September 2025, 08:15:03 AM
Home / News / sheebah-yahakanye-ibyavugwaga-ko-yibagishije-ngo-atere-neza
Sheebah yahakanye ibyavugwaga ko yibagishije ngo atere neza

10

Aug

Sheebah yahakanye ibyavugwaga ko yibagishije ngo atere neza

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ubwo yatangizaga ibikorwa byo kwamamaza igitaramo cye kigiye kuba nyuma y’igihe kinini adakora umuziki, Sheebah yahakanye ibyo bihuha, ashimangira ko impinduka zigaragara ku mubiri we ari izisanzwe ku mugore wese umaze kubyara.Yagize ati: “Umugore wese wabyaye arabizi: nyuma yo kubyara, ikibuno n'amatako biragutse ku buryo busanzwe. Ni ibintu bisanzwe. Byongeye kandi, ndi Umunyankole kandi ndi n’Umunyarwandakazi, ayo moko azwiho kugira abagore bafite imiterere ikurura abantu."Yakomeje avuga ko yishimira imiterere afite ubu kandi atifuza gusubira uko yari ameze mbere yo kubyara. Ati: “Sinkeneye kugabanya ibiro ngo nsubire uko nari meze mbere. Ndashaka gusa kugira ingano nziza, ishashagirana kandi ikurura. Bizantwara igihe, ariko ubu ndabinginze mwihangane mu gihe nkirimo kubikoraho."Sheebah ateganya gukora igitaramo gikomeye muri uku kwezi, nyuma y’igihe kinini yari yarahagaritse ibikorwa bye bya muzika kugira ngo yite ku mwana we w’

0 Comments

Leave a comment