03rd, September 2025, 08:13:17 AM
Home / News / timaya-yahishuye-ko-yifuza-kurongora-umunyarwandakazi
Timaya yahishuye ko yifuza kurongora Umunyarwandakazi

03

Aug

Timaya yahishuye ko yifuza kurongora Umunyarwandakazi

Uyu muhanzi yabitangaje mu gitaramo yakoreye muri BK Arena kuri uyu wa Gatandatu tariki 2 Kanama 2025; yahuriyemo n’abahanzi barimo The Ben, Kizz Daniel na Ayra Starr, cyo gusoza Giantsa Africa Festival.Ubwo yatangiraga kuririmba, yabanje gushimagiza u Rwanda n’abarutuye. Ati “ “Ndabakunda. Murabizi? Nishimiye kuba hano.”Yakomeje aririmba ashimagiza u Rwanda, avuga ko abantu bose ari beza, ariko by’umwihariko abagore n’Umujyi wa Kigali.Ati “Nshaka kuguma hano ubuziraherezo. U Rwanda ni rwiza cyane, mu Mujyi wa Kigali w’akataraboneka ni heza.”Yahise akomeza avuga ko ashaka kurongora umunyarwanda, ati “Ntabwo ndashaka umugore ariko nzashaka Umunyarwandakazi.”Uyu muhanzi ushaka gushakana n’Umunyarwandakazi yigeze kuvuga ko atarasogongera ku cyanga cyo gushaka umugore.Icyo gihe mu kiganiro yagiranye na Naija FM, yagize ati “Ntabwo nigeze nshyingiranwa na rimwe, ariko bishobora kuzahinduka mu gihe kiri imbere. Igihe naba nshatse uyu munsi umukobwa akambangamira, nahita mbivamo. Mu rukundo n

0 Comments

Leave a comment