03rd, September 2025, 08:13:15 AM
Home / News / u-rwanda-na-tanzania-byashyize-umukono-ku-masezerano-mu-nzego-zirimo-ubuhinzi
U Rwanda na Tanzania byashyize umukono ku masezerano mu nzego zirimo ubuhinzi

27

Jul

U Rwanda na Tanzania byashyize umukono ku masezerano mu nzego zirimo ubuhinzi

U Rwanda na Tanzania byashyize umukono ku masezerano y’imikoranire agamije guteza imbere urwego rw’ubuhinzi ku mpande zombi, byiyemeza gukomeza guteza imbere imikoranire.Hanashyizwe kandi umukono ku masezerano agamije gushyiraho ibiro by’Ikigo gishinzwe ibyambu muri Tanzania (TPA) i Kigali nk’intambwe ikomeye yatewe mu guteza imbere ubucuruzi hagati y’ibihugu byombi.Ni amasezerano yashyizweho umukono kuri uyu wa 26 Nyakanga 2025, ubwo ibihugu byombi byari byahuriye mu nama ihuza abayobozi mu nzego zitandukanye yabaye ku nshuro ya 16 igamije kwigira hamwe uko umubano w’ibihugu byombi uhagaze, umusaruro uri mu mikoranire y’impande zombi ndetse n’aho gushyira imbaraga.Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko ibihugu byombi bisanganywe umubano mwiza, yemeza ko Tanzania ikomeje kugira uruhare rukomeye mu guteza imbere ubucuruzi bw’u Rwanda binyuze mu korworohereza gukoresha icyambu cya Dar es Salaam cyinyuzwaho 70% by’ibicuruzwa rutumiza mu mahanga.Yashiman

0 Comments

Leave a comment