05th, September 2025, 15:43:31 PM
Home / News / ibyaha-bishingiye-ku-bucukuzi-bwamabuye-yagaciro-abantu-batitaho
Ibyaha bishingiye ku bucukuzi bw’amabuye y’agaciro abantu batitaho

29

Jul

Ibyaha bishingiye ku bucukuzi bw’amabuye y’agaciro abantu batitaho

RIB isobanura ko mu byaha byo kwangiza ibidukikije, ibijyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro ari byo byiganje by’umwihariko mu turere twa Rulindo, Gakenke, Nyanza, Muhanga na Kamonyi, Gatsibo na Kayonza .Mu myaka itatu ishize, ibyaha byo kwangiza ibidukikije byakozwe harimo ibijyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro nko kwimura, kwangiza, gukuraho cyangwa kurenga imbago z’uduce twatangiwe uruhushya rw’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro cyangwa kariyeri.Hari kandi icyaha cyo gukora ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro na kariyeri ahantu hakomye n’icyo gukora ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro cyangwa kariyeri nta ruhushya.Ibyaha 132 byo muri ubu bwoko byagaragaye mu turere turindwi kuva mu 2022 kugeza mu 2024.Hagati ya 2022 na 2024 muri Kamonyi hagaragaye ibyaha 35 bigize ijanisha rya 6,5%, muri Rulindo hakorwa 30 bingana na 22,7% na ho muri Gatsibo hakorwa 26 bingana na 19,7% ry’ibyakozwe byose.I Muhanga ho muri iyo myaka itatu, hakozwe ibyaha 19 byo kwangiza ibidukikije bi

0 Comments

Leave a comment